26/05/2026
harigihe usanga ubuzima bwacu bwose twibera muri egiputa ππ ugasanga niho wavukiye,niho wakuriye,niho washakiye,niho wabyariye,Niho ukorera ,niho uhahira .....mbese ubuzima bwawe bwose ,ahazaza hawe ,imishinga yawe byose byose byibera muri egiputa ndetse ntanicyo wabikoraho gusa urabirambiwe umaze igihe kinini uniha ubwira Imana ngo Mana wantabaye byaranze wagerageje kwinyugishura imigozi ikuziritse biranga kubera ko amaboko agufite arakomeye!!gusa nubwo bimeze bityo ufite amakuru ko iwanyu Ari muri kanani nubwo ntanzira,ntaburyo nta..... Ariko urabizi ko kanani yawe irahari ndetse abariyo barikwinywera amata,ubuki,ibizabibu ireze ariko wowe no kurya ni Mana mfasha π€Noneho uko Imana yakuye aba Israel muri Egiputa bakinjira muri kanani yabo muburyo batatekerezaga uyumunsi nawe Imana ikwimure igushyire muri kanani yawe ititaye .Kandi uko yabimuye ikabaha niminyago yababakoreshaga uburetwa nawe uyumunsi Imana ikunyagire uhabwe agaciro burukubonye abone ko udasanzwe mwizina rya Yesu π niyigena βοΈ